in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Wa Musore wakoze umubiri witwa Rutambi yakoze agashya ubwo yarindaga Niyo Bosco mu gitaramo cya Bruce Melodie

Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 06 Ugushyingo 2021 nibwo habaye igitaramo cya Bruce Melodie yise 10 years of Bruce Melodie, ni igitaramo cyaririmbyemo abahanzi batandukanye. Mu bahanzi baririmbye muri iki gitaramo harimo n’umuhanzi Niyo Bosco.

Niyo Bosco akigera ku rubyiniro yakirijwe urugwiro n’abari bitabiriye igitaramo cya Bruce Melodie gusa icyaje gutungura abantu ni ukubona aje aherekejwe na Rutambi wari wambaye amasogisi n’ikabutura.

Si ibi gusa ahubwo Rutambi yakoze n’utundi dushya dutandukanye turimo nuko yagendaga abyinisha amatuza ye bitewe nuko indirimbo ya Niyo Bosco yagendaga icurangwa ndetse no mu bindi bihe yanyuzagamo akabyinisha agatuza ke.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Nguyu umuhanzi warushije Bruce Melodie guhagurutsa abafana benshi muri Kigali Arena

Video y’umunsi: Miss Ingabire Grace yirekuye abyinana n’umusore mu gitaramo