in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Wa mubyeyi wagiye guhagarika ubukwe padiri agahisha abageni ,dore uko byagenze nyuma.

Mu minsi ishize nibwo twabagejejeho inkuru y’umubyeyi witwa Murebwayire Violate wagerageje kujya guhagarika ubukwe bw’umugabo we Jado ,avuga ko babyaranye akanga kumuha amafaranga y’ishuri ,bikarangira yirukanwe ku kiriziya ,ndetse na padiri agahita ahisha abageni kuri ubu uyu mubyeyi avuga ko ikibazo cye cyageze kuri Polisi.

Nyuma yo kwirukanwa ku kiriziya ashaka kubonana n’umugabo we ngo amuhe ibihumbi 250 by’amafaranga y’ishuri, yahise yerekeza kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kimironko aho avuga ko aribo bagiye kumufasha gukurikirana ikibazo cye.Uyu mubyeyi avuga ko yizeye ko agiye kubona ubutabera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo uyu mugore yakoreye umwana w’umukozi wo mu rugo ni isomo rikomeye.

Inkura ya mbere ku isi yari ishaje yapfuye.