in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ibyo uyu mugore yakoreye umwana w’umukozi wo mu rugo ni isomo rikomeye.

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga abantu batandukanye bakomeje gushimira cyane  umugore wakoreshereje ibirori bidasanzwe by’isabukuru y’umwana w’umukozi wo mu rugo rwe.

Ni igikorwa benshi bafashe nk’intangarugero bitewe n’amagambo uyu mugore utatangajwe amazina yavuze ubwo uyu mwana w’umuhungu yuzuzaga imyaka ine maze amutegurira ibirori.Uyu mugore yabwiye abitabiriye ibyo birori ati:”nyina w’uyu mwana mufata nk’umuyobozi w’uru rugo.Simufata nk’umwana w’umuja wanjye ahubwo mufata nk’umwana wanjye,niyo mpamvu namukoreye nk’ibyo nakorera abana banjye “.

 

Ese wowe urabona ibyo uyu mubyeyi yakoze bitaba isomo ryiza? Twandikire muri comment 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Marina yakoze ubukwe (video)

Wa mubyeyi wagiye guhagarika ubukwe padiri agahisha abageni ,dore uko byagenze nyuma.