in

Video y’igitego cyateje impagarara gitsinzwe APR FC : Icyibazo cy’imisifurire mu Rwanda cyizakemurwa nande?, ryari?

Tariki ya 1 Gashantare 2024 kw’isaha ya 18h00 z’umugoroba nibwo umukino wagomba Guhuza amakipe abiri y’inzego z’umutekano arizo za abapolisi “police” na abasirikare”Military” ariyo police FC na APR FC zakinaga umukino wanyuma w’igikombe cy’inywari ” Heroes cup”.

 

uyu ni umukino waje kurangira ikipe ya Police FC yegukanye ibikombe nyuma yo gutsinda ikipe ya APR FC ibitego 2 kuri 1.

 

ni ibitego kuruhande rwa police FC byatsinzwe na Peter Agblevor ku munota wa 75′ na 90+1′ ndetse na Yunussu ku munota 13′ .

 

uyu mukino mu minota yanyuma waje kugaragaramo imvururu nyuma yuko hari habonetse igitego cya kabiri cya Police FC gitsinzwe na Peter Agblevor ku mupira w’umurengurano gusa uyu mupira waje guteza imvururu bitewe n’uko umusifuzi wo kuruhande ya busanyije n’umusifuzi wo hagati w’umukino kuko Mugabo Eric yerekanye ko umupira wari uwa APR FC maze Aline wari umusifuzi wo hagati yerekana ko ikipe ya Police FC ariyo ukwiye kurengura uyu mupira.

 

uyu mupira warenguwe maze uhita uvamo igitego abakinnyi ba APR FC bari bayobowe na Shaiboub wari Captain batishimiye baze bateza imvururu ku musifuzi wo kuruhande Mugabo Eric bamuza impamvu yabusanyije n’umusifuzi wo hagati mu kibiga ariko bikarangira ntacyo bitanze n’ubundi igitego kiremenzwa.

 

iyi ni video y’igitego cyitavunzweho rimwe cyatsinzwe APR FC.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi n’ingabo ayoboye za Inter Miami banyagiwe imvura y’amahindu

Musore nawe mugabo waruziko kureba amabere y’abakobwa cyangwe abagore cyane byongera iminsi yo kubaho?