in

Video; umusore wavuze ko ari umunyarwandakazi mu birori bya bianca fashion yaciye ibintu hanze aha

Umwe mu biyerekanye mu birori bya Bianca fashion hub edition 2, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuganira na Etienne Peacemaker uzwi nka Pundit ukorera ikinyamakuru cya The choice Live hanyuma uyu musore amubwira ko ari umunyarwandakazi.

Uyu musore yari yavuye i musanze ndetse arimo kuvuga abamwambitse niko guhita yongeramo ko ariwe musore w’umunyarwandakazi bavuze mujya mwunva.

Nyuma yo kuvuga gutyo, ako gace kakwirakwiye kuvmbuga nkoranyambaga hose bisetsa abantu ndetse Kibonke aba uwa mbere mu kwitangaho urugero kobnawe ari umusore mwiza w’umunyarwandakazi.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntirugira yego cyangwa oya Menya ururimi rukomeye ku isi rusigaye ruvugwa n’umuntu umwe gusa

Ifoto ya Lily yambaye ikanzu ibonerana yakozwe mu buryo bushya yambikwa itabonerana