in

Video: umugeni kubera gushaka amabere mato ndetse no munda zeru byamukozeho.

Muri iyi minsi usanga abakobwa ndetse n’abagore benshi bashaka kugaragaza ko bagiye amabere mato cyangwa se munda bato mbese bagakora ibishoboka byose ngo babigereho.

Witegereje neza muri video urabona uburyo uyu mugore byamugoye guhumeka ubwo yari ari mu bukwe, ndetse abantu batangaje ko bidakwiye kwigira uwo utariwe ndetse bashishikariza abantu kwiyakira, kuko uko umeze ari Imana yakuremye.

Kubw’imbogamizi yari afite kubera amabere manini yasize umugani ndetse abantu benshi bibaza impamvu abakobwa bahagerageza kwiyica kugirango base neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto, ubukwe bwabo bwagaragaje koko ko urukundo ari impumyi.

Umukobwa mwiza yahawe urw’amenyo nyuma yo kwerekana ko afite iromba(amafoto)