in

NdabikunzeNdabikunze

Video: Nguyu umuhanzi warushije Bruce Melodie guhagurutsa abafana benshi muri Kigali Arena

Mu gitaramo cya 10 Years of Bruce Melodie cyaraye kibereye muri Kigali Arena ku mugoroba wo ku munsi w’ejo, abahanzi benshi barimo Niyo Bosco, Alyn Sano, Mike Kayihura, Christopher, Riderman n’abandi baciye imbere y’abafana gusa uko twabibonye ntabwo ariko bose bashimishije abafana ndetse bakanahagurutsa abafana kimwe.

Byabaye nk’ibitangaza ubwo umuhanzi Riderman Riderzzo yinjiraga ku rubyiniro aho yari aje gufatanya na Bruce Melodie kuririmba indirimbo Ikinyarwanda maze abantu bose bari bari muri Kigali Arena bahagurukira rimwe ari nako bavuza induru bigaragaza urukundo bamufitiye. Dore uko byagenze mu mashusho:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uburyo bwiza wagabanya ibiro wifashishije amagi||ibitangaje wamenya ku magi

Wa Musore wakoze umubiri witwa Rutambi yakoze agashya ubwo yarindaga Niyo Bosco mu gitaramo cya Bruce Melodie