in

Victor Osimhen akomeje guteza urujijo

UDINE, ITALY - MAY 06: Victor Osimhen of SSC Napoli looks on during the Serie A TIM match between Udinese Calcio and SSC Napoli at Dacia Arena on May 06, 2024 in Udine, Italy. (Photo by Alessandro Sabattini/Getty Images)

Umukinnyi w’umunya_Nigeria Victor Osimhen w’imyaka 25, ari mu bakinnyi bifuzwa cyane muri iki gihe cy’igura n’igurisha. Chelsea na PSG bishishikajwe no kumwegukana. Ariko ku mukura muri Napoli ntibyoroshye kubera amafaranga y’umugereka y’akataraboneka agomba kwishyurwa kugira ngo barekure uyu mukinnyi.

Chelsea cyangwa izindi kipe zimushaka zishobora kwishyura miliyoni £110 kugira ngo zibone Osimhen. Gusa hari uburyo abayobozi ba Chelsea bashobora kugerageza kugabanya ayo mafaranga, bakoresha Romelu Lukaku nk’umukinnyi w’inyongera mu biganiro.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impamvu amashyirahamwe 4 gusa ariyo agira uruhare mu gushyiraho amategeko y’umupira w’amaguru Ku Isi

Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi, Mutsinzi Ange yafashije bagenzi be kwitwara neza mu mukino wa Europe Conference League