in

Uziko nta mucyeba icyigira hano mu Rwanda! APR FC yamaze gutanga abakinnyi 2 mu ikipe bihora bihanganye

Uziko nta mucyeba icyigira hano mu Rwanda! APR FC yamaze gutanga abakinnyi 2 mu ikipe bihora bihanganye

Ikipe ya APR FC nyuma yo gutsindwa imikino myinshi, yamaze gutiza abakinnyi 2 muri iyo kipe ititaye kukuba yarayitsinze igihe kinini.

Ku munsi wejo hashize nibwo ikipe ya APR FC yatanze abakinnyi babiri muri AS Kigali barimo Ishimwe Fiston ndetse na Itangishaka Blaize. Aba bakinnyi bari baranze kuva muri APR FC bashaka guhabwa urupapuro rubarekura ariko baje kwemera kwerekeza muri AS Kigali.

APR FC nubwo yatije abakinnyi ikipe ya AS Kigali imaze igihe kinini itabasha kuyitsinda mu mikino myinshi bimaze guhura. AS KIGALI muri uyu mwaka izaba itamerewe neza nyuma yo guseserwa n’abari abayobozi bayo bayobowe na Shema Fabrice bayishyiragamo amafaranga atari macye.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye ikipe ibitego 9 Charles Bbaale agira uruhare mu bitego hafi ya byose

Uziko nta mucyeba icyigira hano mu Rwanda! APR FC yamaze gutanga abakinnyi 2 mu ikipe bihora bihanganye