in

Uyuwe amakipe azayamara! Rutahizamu Mbaoma yamaze gufata indege aza i Kigali gusinyira APR Fc

Rutahizamu, Victor Mbaoma ukomoka muri Nigeria, yamaze gufata indege iza i Kigali aho aje gusinyira ikipe ya APR Fc.

Uyu rutahizamu w’imyaka 26 y’amavuko, yataka izamu aca hagati ku 9, akaba areshya nka1.84 m ndetse kandi akaba akinira ikipe y’igihugu ya Nigeria.

Victor Mbaoma yanyuze mu makipe akomeye nka MC Algiers, Enyimba Fc ndetse na FC Qizilqum Zarafshon asijemo amasezerano.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya ntabwo abikora abantu gusa: Messi yarwaje imbwa ye muzunga bitewe nibyo yayikoreraga (video)

“Umwana yamanutse y’ibarangura nkagapira” umubyeyi yarangaye atereka umwana w’igitambambuga kuri esikariye gusa yibaranguye kuri esikariye ajya ku mutora umwana yabaye inoge(Videwo)