in

Uyu we ni karaha butakataka: APR FC imaze gusinyisha umukinnyi ukomeye cyane w’umunyamahanga (Amafoto)

Ikipe ya APR FC byakomeje kuvugwa cyane ko igiye gusinyisha abakinnyi b’abanyamahanga ubwo yatwaraga igikombe cya shampiyona y’u Rwanda nk’uko byari byaremejwe n’umuyobozi w’icyubahiro wayo.

Hamaze kumenyekana amakuru avuga ko umukinnyi ukomeye cyane hano ku mugabane w’Afurika ukina muri shampiyona y’igihugu cya Malawi mu ikipe ya Nyassa Big Bullets witwa Adepoju Adebare Babatunde ko yamaze kumvikana  n’ikipe ya APR FC.

Uyu musore witwa Babatunde akomoka mu gihugu cya Nigeria akaba afite imyaka 27 y’amavuko kandi ni rutahizamu ukomeye cyane dore ko ari nawe mukinnyi watsinze ibitego byinshi kurusha abandi muri shampiyona y’igihugu cya Malawi.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ishimwe Maniraguha wakiniraga ikipe ya Arsenal ibye muri iyi kipe izakina Uefa Champions Leuge byarangiye nabi – AMAFOTO

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi wa mbere mpuzamahanga wari uri kubica bigacika mu gihugu cya Uganda [Ifoto]