Kuri uyu munsi nibwo Rutahizamu mushya ukomoka mu gihugu cya Côte d’Ivoire, nyuma y’uko Perezida wa Ferwafa atangaje ko mu ikipe y’igihugu Amavubi hagiye kongera gukinamo abanyamahanga bashoboye.
Gerard Gohou ukinira ikipe ya Aktobe mu cyiciro cya mbere muri Kazakhstan yamaze gutangira imyitozo n’abandi bitegura umukino wa gishuti bazakina na Equatorial Guinea.
Nta gihundutse uyu rutahizamu w’imyaka 33 akazaba ayoboye ubusatirizi bw’Amavubi mu mikino isigaye yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika.