in

Umugore yaciwe akayabo nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusakuriza abaturanyi mu gihe cyo gutera akabariro

Kristin Morgan w’imyaka 41 wo mu Bwongereza, yaciwe amande ya £300 – ni ukuvuga asaga 350,000 Frw, nyuma yo kuregwa n’abaturanyi bamushinja ko ababuza amahwemo kubera urusaku rwe mu ijoro, iyo atera akabariro.

Uyu mugore yarezwe ibyaha bine ndetse arabyemera, bishingiye ku kunanirwa guhagarika urusaku rw’amajwi aturuka iwe, “mu bihe byo gutera akabariro n’ibiganiro bivugira hejuru bikorwa mu masaha y’ijoro no mu rukerera,” nk’uko ikinyamakuru Mirror cyabyanditse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uyu we inshundura arazica “Rutahizamu mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangira imyitozo (amafoto)

Jose Mourinho yagaragaye mu mashusho y’indirimbo y’umurapeli ari gucececyesha abantu (Videwo)