in

Uyu mwaka bayitege: Arsenal yaguze umukinnyi karundura yongera gushimangira ko uyu mwaka ishaka igikombe cya shampiyona (Amafoto)

Ikipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’u Bwongereza iherutse gutakaza igikombe cya shampiyona y’igihugu Premier League kubera uburangare bwayo ubu yatangiye gutanga ubutumwa bukomeye ku makipe bahanganye.

Arsenal itozwa na Arteta ikomeje kugaragaraza amashagaga bitewe nibyo irigukora bishobora kuyifasha gukosora amakosa yakoze mu mwaka w’imikino wa 2022-2023 ikaba ikomeje kugura abakinnyi bakomeye ubu imaze gusinyisha umusore w’umuhanga cyane witwa Jurrien Timber imukuye mu ikipe ya Ajax imutanzeho agera kuri miliyoni 40€+5€ yahawe amasezerano azageza muri 2028.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi bitera ibibazo Koko! Manzi Thiery arimo gutakambira ikipe ikomeje hano mu Rwanda kugirango imusinyishe

‘Ikiyoni bavukiye rimwe cyapfuye kera cyane’ Jennifer Lopez ugwije imyaka ariko akaba adasaza mu buryo bw’umubiri yongeye kwiyerekana ari mu mwambaro wa ‘Bikini'(AMAFOTO)