in

Uyu mukobwa ni we ufite tatuwaji nyinshi cyane muri Miss Rwanda |Avuga ko agorwa no kuvuga ikinyarwanda.

Uyu mukobwa w’uburanga n’ikimero bihebuje ni umwe mu bakobwa barimo guhatanira ikamba rya Miss Rwanda, akaba yitwa Amanda Akariza Bagakunde ,uyu mwari rero akaba agaragaza ko atazi ikinyarwanda kinshi.

Uyu mukobwa ufite numero  1 muri Miss Rwanda ,aganira na ISIMBI TV yasobanuye ko impamvu atazi ikinyarwanda, byatewe nuko yakuriye mu bihugu bitandukanye, harimo Uganda, Amerika ,Zimbabwe no mu Budage.Iyo uyu Amanda aravuga ntibimworohera na gato kuvuga ikinyarwanda.Amanda kandi yahishuye ko afite ibishushanyo byinshi ku muniri we(tatuwaje )avuga ko yakuriye mu mico yahantu hatandukanye ariko atibagiwe indangagaciro numuco nyarwanda.

Uyu mukobwa avuga ko muri Miss Rwanda 2021 afite umushinga wo kuzafasha abantu bafite indwara n’ibibazo bitandukanye byo mu mutwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wanjye afite imitwe ibiri nicyo namukundiye|Umutwe wa kabiri uri gukura cyane|Sinzamureka.

Umukobwa ukiri muto yahimbye ikinyoma ko atwite|Ibyamubayeho nyuma biratangaje.