in

Uyu mubyeyi yabyariye mu mu modoka rusange ubwo yari agiye mu kazi

Umubyeyi yabyariye mu mu modoka rusange (bus) ubwo yari agiye mu kazi ke ka buri munsi.

Ubwo uyu mubyeyi yari avuye mu mugi wa Bori yerekeje muri Port Harcourt yaje gufatwa n’inda igihe yari ari mu modoka rusange.

Amakuru avuga ko uyu mubyeyi ubwo yari ari mu modoka yaje gufatwa n’inda, abagenzi bari kumwe na we bamufasha kubyara.

Nyuma y’aho uyu mubyeyi yaje kujyanwa kwa muganga, umwana yitabwaho ndetse n’umubyeyi na we yitabwaho n’abaganga.

Uyu mubyeyi yaje gusezererwa mu bitaro nyuma yo kumera neza we n’umwana we bahita bataha mu rugo iwabo.

Umubyeyi n'umwana we batashye iwabo

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yatunguye umugore we mu buryo budasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko (Videwo)

Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze gusinyisha umwataka mushya ukinira ikipe y’igihugu Amavubi