in

“Uwo Titi Brown wanyu mu mezi abiri gusa muraba mumuhararutswe”

“Uwo Titi Brown wanyu mu mezi abiri gusa muraba mumuhararutswe” Byacitse nyuma y’amashusho ya Titi Brown ari kubyina yahujwe n’amashusho y’abandi basore bari kuzamuka, abayahuje bakavuga ko abo bagiye gutuma Titi wakunzwe n’Abanyarwanda ahararukwa. 

 

Ibyo byakozwe n’uwitwa Ddumba nyuma yo kugaragaza ko abo bana bashobora kuba barusha Titi n’itsinda rye.

Gusa benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga ntibabikozwa. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agezweho: Rayon Sports inaniwe kwikura imbere y’ikipe ya Etincelles FC

APR FC yananiwe gutsinda AS Kigali irembye muri iyi minsi mu mukino habonekamo udushya twinshi