in

“Uwo mu tipe mu gufi ararenze”: Kenny Sol yeretswe urukundo rudadanzwe ahigika Ariel Wayz bari bahanganye

Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda Kenny Sol umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera ubuhanga budasanzwe akorana ibihangano bye yahigitse Ariel Wayz ku bahanzi bafite indirimbo zikunzwe.

Mu mafoto n’amashusho byashyizwe kuri Instagram na The Cat Babalao yagaragaje abahanzi babiri bakomeye cyane hano mu Rwanda aribo Kenny Sol na Ariel Wayz bose bafite indirimbo nshyashya baherutse gusohora maze abaza abamukurikira ati:” Ngo niyihe song iri kubigukorera hagati ya Shayo na Intro”.

Akimara kwandika aya magambo abantu bamukurikira batangiye kuvuga indirimbo iri kabibakorera muri iyi minsi maze iya Kenny Sol iganza iya Ariel Wayz ku buryo bugaragarira amaso.

Bimwe mu abantu bagiye batangaza nyuma y’uko The Cat Babalao abajije abantu indirimbo iri kubibakorera hagati ya Shayo na Intro:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyanza: Umwana w’umunyeshuri yishwe n’ikaramu 

Leandre Willy Essomba Onana yatewe utwatsi na SIMBA SC bihereza amahirwe ikipe ya Rayon Sports yo kumugumana