in

Uwicyeza Pamela wa The Ben yasabye abo akunda gukora ikintu gikomeye mu buzima bwabo

Uwicyeza Pamela uri mu rukundo n’umuhanzi w’umunyarwanda, The Ben, yongeye gutuma abiganjemo igitsina gabo bagira irari, aho yanabasabye ikintu gikomeye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram uyu mukobwa witabiriye Miss Rwanda akaba ari naho yaje kumenyanira na The Ben, yashyizeho ifoto imugaragaza afite indabo mu ntoki. Aho yahise atanga ubutumwa bukomeye ku bantu akunda.

Si foto gusa ahubwo yahise asaba abo akunda kuba umcyo, aho yafashishije umurongo wo muri Bibiriya dusanga muri Matayo 5:14. Uwo murongo ugira uti:” Muri umucyo w’Isi. Umudugudu wubatse ku mpinga y’umusozi ntubasha kwihisha.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tangira kurya tungurusumu guhera uyu munsi niba ukunda ubuzima bwawe||menya impamvu

Abazungu bari bitabiriye siporo yabaye mu ijoro ryakeye bagaragaye bari kubyina kinyarwanda (Videwo)