in

Abazungu bari bitabiriye siporo yabaye mu ijoro ryakeye bagaragaye bari kubyina kinyarwanda (Videwo)

Abazungu bari bitabiriye siporo yabaye mu ijoro ryakeye bagaragaye bari kubyina kinyarwanda, aho bakoze benshi ku mutima kubera ukuntu babikoraga neza nk’abanyarwanda babivukiyemo.

Ibi byabaye muri siporo yateguwe mu buryo bwo kwakira neza abashyitsi bitabiriye Inama ya Chogm iri kubera mu Rwanda kuva tariki ya 20 Kamena 2022 kugeza 26 Kamena 2022.

 

Videwo y’uko byari bimeze.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwicyeza Pamela wa The Ben yasabye abo akunda gukora ikintu gikomeye mu buzima bwabo

Niba ushaka ko umukunzi wawe agukunda bimwe bidasanzwe, mukorere ibi