in

Uwase Muyango yasubije abifuza ko we n’umugabo we batandukana abibira n’ibanga rituma urukundo rwabo rukomera

Uwase Muyango yasubije abifuza ko we n’umugabo we batandukana abibira n’ibanga rituma urukundo rwabo rukomera.

Mu minsi yashize nibwo Zaba Missedcall yasangije ubutumwa kuri story ye ya Instagram yibaza igihe couple ya Muyango na Kimenyi bazatandukanira.

Nyuma yaho Uwase Muyango yaramusubi, yagize ati “😂 urasetsa cyane” , ati ” twakoresheje gorilla glue😎” bishatse kuvuga ko urukundo rwabo rukomeye kandi rutanyeganyezwa.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibitaro bya Muhororo byatanze umurambo utari wo biza kumenyekana waranashyinguwe

Mujye mwibuka ko afite abana kandi abana n’umugabo: Gloria Mukamabano yeretse abakunzi be ibintu byatumye batangira kumutera imitoma birengagije ko ari mama w’abana -AMAFOTO