in

Uwari umwana yavuyemo umuhanzi ukomeye: The Ben yibukijwe ifoto ya kera ateruye umwe mu bahanzi bagezweho i Kigali akiri muto

Umuhanzi Shemi w’imyaka 18 wakuze asubiramo indirimbo za The Ben nawe yifurije isabukuru nziza The Ben cyane ko ari Nyirarume we, yagize ati: ”Isabukuru nziza Marume.”

Igitangaje kurushaho ni amafoto yaherekesheje ubutumwa bwifuriza The Ben isabukuru y’amavuko nziza , ni amafoto ya kera The Ben ateruye uyu musore.

Shemi yakoresheje amafoto arimo iyo mu 2016 ubwo The Ben yagarukaga mu Rwanda, akagenda agiye kumwakira, undi na we akamuterurana urugwiro rwinshi. Hari kuri Hotel Portifino mu Mujyi wa Kigali.

Shemi wamamaye mu ndirimbo igezweho i Kigali yitwa “Peace of mind”yavutse mu 2004, mu gihe The Ben we yavutse 1987 bivuze ko amukubye hafi kabiri.

Kuri ubu Shemi ni umuhanzi uri kuzamuka neza.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biravuna Koko! Burna Boy yananiwe gutereta inkumi y’ikimero y’umusirikare yakubise amaso umutima ugasimbuka

AMAFOTO: Yago yagaragaye arikumwe n’inkumi y’ikimero yavuzwe mu rukundo na Harmonize