in

Uwari umuyobozi wa Rayon Sports werekeje hanze y’u Rwanda yakije umuriro kuri Twitter nyuma yo gutuka igitutsi gikomeye umusifuzi waraye yanze igitego iyi kipe yaraye itsinze Marine FC

Nawe yahise ashira ubwoba none atangiye kubatuka cyane! Uwari umuyobozi wa Rayon Sports werekeje hanze y’u Rwanda yatutse igitutsi gikomeye umusifuzi waraye yanze igitego iyi kipe yaraye itsinze Marine FC

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yanganyije n’ikipe ya Marine FC ibitego 2-2 mu mukino utari woroshye kuko Rayon Sports yatsinzwe igitego mu minota ya nyuma habura gato ngo itahane intsinzi.

Nyuma y’umukino benshi bakurikiye umukino bavugaga ko umusifuzi yibye ikipe ya Rayon Sports ndetse biza no gukomereza kumbuga nkoranyambaga aho uwari Umuvugizi wa Rayon Sports Jean Paul Nkurunziza yakije umuriro kuri X.

Uyu mugabo umaze iminsi yerekeje muri Canada, yaje gutangaza agira ati” Ariko nk’uyu muhirimbiri wo mu biryogo yangiye iki icy’igitego.” Benshi bamukurikira baje bamusubiza bamubwira ko yerekeje hanze none akaba yarashize ubwoba abandi bakavuga ko gutukana atari byiza.

Ntabwo Jean Paul Nkurunziza ari we gusa ukoze ibi yerekeje hanze y’u Rwanda dore ko na Taifa Bruno wari umunyamakuru, ajya atangaza amagambo akomeye avuga ibibera mu mupira w’u Rwanda ariko biterwa ni uko abarizwa hanze y’u Rwanda.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben akiva i Bujumbura yahise aruhukira muri 1:55 AM isanzwe ikorera umuziki Bruce Melody ubundi bajya guserebura abandi barimo bariyahuza amagambo – videwo

Afite agahigo ko kurongorwa n’abagabo benshi muri Africa! Dore urutonde rw’abagabo bose Zari Hassan yabanye nabo