in

Uwahoze ari Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel yabenzwe n’ikipe ya Kiyovu Sports bihita bituma ajya kwiginga ikipe imwe yo mu Ntara kugira ngo abe yihisheyo

Uwahoze ari Kapiteni wa APR FC, Manishimwe Djabel yabenzwe n’ikipe ya Kiyovu Sports bihita bituma ajya kwiginga ikipe imwe yo mu Ntara kugira ngo abe yihisheyo.

Nyuma y’uko kujya hanze y’u Rwanda byanze, Djabel yatijwe mu ikipe ya Kiyovu Sports gusa ariko biba impaka ndende.

Hagati y’abayobozi ba Kiyovu Sports ntabwo bigeze bumvikana ku gusinyisha uyu mukinnyi byahise bituma agiye kwigira mu ikipe imwe yo mu Ntara.

Kuri amakuru agera kuri YEGOB.RW ni uko uyu mukinnyi agiye kujya mu ikipe ya Mukura VS.

Ibintu byamaze kurangira aho uyu mukinnyi agiye muri iyi kipe imaze imyaka 60 ibayeho.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yaciye ibintu nyuma yo gutangaza uko azaserereza ikipe ya Rayon Sports abantu bose bakayinyuzamo ijisho

Agiye kwiyorera nta miyaga! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi wabiciye bigacika mu ikipe ya Rayon Sports yabonye ikipe nshya mu gihugu cya Morocco