in ,

Uwahoze ari ikirangirire mu ikipe ya Manchester United agiye gukina iteramakofe(inkuru irambuye)

Akenshi na kenshi dusanzwe tumenyereyo iyo umukinnyi wagize ibihe byiza mu mupira w’amaguru asoje ruhago ye, iyo atabaye umutoza cyangwa umusesenguzi w’umupira w’amaguru, aba umuvugizi w’ikipe yagiriyemo ibihe byiza gusa myugariro ukomeye wabiciye bigacika mu ikipe ya Manchester United akaba we ashaka gukomereza mu yindi mikino.Rio Ferdinand devrait annoncer aujourd'hui son passage à la boxe.

Ikinyamakuru Daily Telegraph dukesha iyi nkuru kiravuga ko uyu mugabo Ferdinand nyuma yo kubura umugore we mu mwaka wa 2015  Rebecca Ellison wahitanywe na Cancer y’ibere, uyu mugabo yahise atangira imyitozo y’umukino w’iteramakofe kugeza nanubu, kubwizo mpamvu akaba yumva amaze kugera kurwego rwiza aho yatangira guhatanira ibihembo n’ibikombe bijyanye n’uyu mukino kuburyo kuri uyu wa kabiri biteganyijwe ko ari bugeze impapuro ze zisaba ko yashyirwa ku rutonde rw’abakinnyi b’itera makofe mu gihugu cy’ubwongereza bazwi ku izina rya Heavy Weights. Naramuka yemerewe gukina uyu mukino araba abaye umukinnyi wa kabiri ku isi wavuye muri ruhago akajya mu iteramkofe nyuma yundi mwongereza Curtis Woodhouse wakiniye ikipe ya Sheffield Wednesday.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo Safi Madiba n’umukunzi we babwiwe akarishye cyane yateye benshi ubwoba (yasome hano)

AKA NI AKAGA: video y’urukozasoni y’Umukobwa wa perezida wa congo n’umupfubuzi yashyizwe ku karubanda maze arandagara