in

AKA NI AKAGA: video y’urukozasoni y’Umukobwa wa perezida wa congo n’umupfubuzi yashyizwe ku karubanda maze arandagara

Umukobwa wa perezida wa congo Brazaville,Denis Sassou Nguesso witwa Julienne Sassou Nguesso.yashyize ku karubanda nyuma yuko asabwe amafaranga n’umwe mubasore bamupfuburaga (un amant).

Nk’uko ibitangazamakuru byinshi byo muri iki gihugu bibitangaza Julienne yasabwe n’uyu musore amadolari ibihumbi 50 maze yanga kuyamuha cyane ko Julienne dore ko ubusanzwe afite umugabo.

 

umusore nyuma yo kwimwa ibyo yashakaga,yagerageje guteraubwoba Julienne yifashishije email (blackmailing) ariko  biba iby’ubusa maze birangira afashe icyemezo cyo gushyira hanze amashusho yafashe bari gukora imibonano mpuzabitsina.

 

Muri video y’amasegonda 58,uyu Julienne agaragara yishimiye igikorwa aba arimo hamwe n’uyu musore ndetse akamubwira ati ” ”I have really missed you” ndetse akongeraho ngo “Cum inside me) .

Mu minsi ishize Julienne n’umugabo we baguze inzu ya miliyoni 3 n’igice z’amadolari i paris maze polisi ibashinja ruswa ndetse iri mu iperereza ry’aho ayo mafaranga yakuwe.

Julienne ni umwe mu bana 11 ba Perezida Denis w’imyaka 73.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari ikirangirire mu ikipe ya Manchester United agiye gukina iteramakofe(inkuru irambuye)

Nyuma y’igihe yaritonze cyane,Luis Suarez yongeye gukora amabara yatunguye abantu benshi bemeza ko atazahinduka(AMAFOTO)