in ,

Uwahoze akundana na Riderman yifotoje agaragaza amabere abafana baramwihanangiriza

Asinah wahoze akundana na Riderman ni umwe mu bakobwa babica bigacika mu myidagaduro ya hano imbere mu gihugu ,aririmba injyana ya Dancehall abenshi mumuzi mu ndirimbo nka Gimme Love ,kagoma,Mapenzi n’izindi….kuri ubu Asinah yashyize hanze ifoto yambaye umwambaro ugaragaza hagati y’amabere maze bamwe mu bafana be baramwihaniza ndetse bamwe muri bo bamwibutsa ko ari umuyoboke w’idini ya Islamu ,bati” kandi ubu ejobundi igisibo nigitangira uzikwiza”

Dore uko Asinah yambaye:

Let’s meet tonight at TOP CHEF

A post shared by Asinah Erra (@asinaherra1) on

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutare Gaby yongeye kwibutsa umugore we ko imitoma yamuteraga amutereta ntaho yagiye

Iyumvire amagambo akomeye Miss Gisabo yongeye kubwirwa na mugenzi we babanye muri Miss Rwanda agatungura benshi