in

Uwahoze akorera Bruce Melodie agakorera Diamond, yabonye akandi kazi k’umuhanzi urenze

Iradukunda ni umwe mu basore b’ibigango bahariye ubuzima bwe kurinda abantu by’umwihariko ibyamamare ndetse n’abandi bose bafite impungenge ku mutekano wabo, mu gihe bagiye mu ruhame cyangwa ahandi hantu.

Iradukunda Jean Luc yamenyekanye nka Mubicyane, ubwo uyu musore w’ibigango wacungiraga umutekano Bruce Melodie,  kuri ubu akaba yagaragaye arinze Trey Songz uherutse gukorera igitaramo i Dubai.

Yamenyekanye cyane mu itsinda ry’abasore b’ibigango rya B-KGL ryacungiye igihe kirekire ibyamamare binyuranye byitabiraga ibitaramo mu Rwanda.

Nubwo yarindaga benshi mu byamamare, Iradukunda yamenyekanye cyane nk’umurinzi wa Bruce Melodie, bakundaga kugendana ahantu hose.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gusezererwa mu gikombe cy’isi byarambabaje kuruta gupfusha umuvandimwe, Umukinnyi wa Brasil yarahogoye

Umwe mu bana 7 yibarutse yitabye Imana ,none ibitaro nabyo birikumwishyuza miliyoni zirenga 44

Umwarimu wibarutse abana b’impanga 7 aratabaza nyuma y’uko ibitaro biri kumwishyuza amafaranga ataratunga mu buzima bwe