in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Uwabyariye Jay Polly imfura ye yongeye gushengurwa n’agahinda.

Amezi abiri arashize umuhanzi munjyana ya Hip hop, Tuyishime Joshua yitabye Imana, ni inkuru yashavuje benshi mubakunzi b’umuziki mu Rwanda.

Nyuma y’amezi abiri uyu muhanzi yitabye Imana, umugore we babyaranye umwana mukuru, ari mubagaragaje agahinda afite kubwo kubura umugabo babyaranye umwana w’umukobwa ari nawe mfura ya Jay Polly.

Mu magambo y’icyongereza n’igifaransa Afsa wiyita Fifi Mama Cristal yagize ati “I really miss this hondesome niggaz Joshua ,the guy use to call me my ka small size fify de fleur ça va ? à cause de toi je suis devenue maman crystal ! merçi pour tout my dear friend !2 mois déjà !it’s crazy how time flies !thanks for everything i will always appreciate ngufite ku mutima.Allah akwagurire imva ashyiremo urumuri Allahuma Amiina ya Rabi “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Ku myaka 70 umukecuru yibarutse umuhungu.

Biratangaje!! Ashobora gufungwa imyaka 5 azira kubuza imbwa 2 gutera akabariro