in

Urutonde rw’abakinnyi ikipe ya Rayon Sports ijyanye muri Libya hajemo umukinnyi benshi bashidikanyaho

Ikipe ya Rayon Sports irimo kwitegura gukina na Al Hilal Benghazi yo mu gihugu cya Libya yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi izajyana ku munsi wejo.

Babinyijije ku mbuga nkoranyambaga zabo ikipe ya Rayon Sports yashyize ahagaragara abakinnyi 22 irahagurukana hano mu Rwanda yerekeza muri Libya mu rugendo ruzafata umunsi umwe. Mu bakinnyi izajyana haraburamo Mugisha Francois Masta, Kanamugire Roger, Rudasingwa Prince na Bugingo Hakim.

Rutahizamu Yousef Rharb niwe benshi bashidikanyagaho bitewe ni uko yari amaze iminsi ibiri adakora imyitozo kubera ikibazo cy’imvune bisa nkaho ajyanwe ashobora kuba atameze neza.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwatubyaye na bagenzi be bari mu mavubi bahise bagaruka mu ikipe! Rayon Sports yakoze imyitozo yitegura kujya muri Libya guhangana na Al Hilal – AMAFOTO

“Ariko genda uzi kwihoma wa mukobwa we” Ariel Wayz nyuma y’ubutumwa yageneye Juno Kizigenza bahoze bakundana abenshi babibonye nko gukomeza kumwizirikaho amwihom ho