in

“Ariko genda uzi kwihoma wa mukobwa we” Ariel Wayz nyuma y’ubutumwa yageneye Juno Kizigenza bahoze bakundana abenshi babibonye nko gukomeza kumwizirikaho amwihom ho

“Ariko genda uzi kwihoma wa mukobwa we” Ariel Wayz nyuma y’ubutumwa yageneye Juno Kizigenza bahoze bakundana abenshi babibonye nko gukomeza kumwizirikaho amwihom ho

Kuwa 10 Nzeri ni bwo Umuhanzikazi Ariel Wayz yagize isabukuru ni uko maze Juno Kizigenza yandika amwifuriza isabukuru nziza agira ati “Isabukuru nziza Bestie”.

Mu byumvikana bisobanuye ko yamwise inshuti ye nziza isanzwe.

Gusa Ariel Wayz we agiye kumusubiza yagize ati “Urakoze Rukundo”.

Nyuma yo kwandika rukundo nyamara we bamwise inshuti abandi babibonye nko kwihoma maze baramwanjama koko biva inyuma.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rw’abakinnyi ikipe ya Rayon Sports ijyanye muri Libya hajemo umukinnyi benshi bashidikanyaho

Abantu Imana yiremeye bakomeje kumarana: Mudugudu yapfuye urwagashinyaguro akubiswe isuka mu mutwe, icyatumwe yaswa iyi suka cyamenyekanye