in

Urutonde rw’abakinnyi bahembwa agatubutse muri shampiyona y’u Rwanda

Nkuko bisanzwe bizwi kw’isi abakinnyi b’umupira wa maguru bari mu bafite ubuzima bitewe ni mishahara bahembwa aho usanga aribo batunze imodoka zihenze ndetse babayeho ubuzima bwiza kandi buhenze.

Mu Rwanda naho abakinnyi bari mubafata agatubutse iyo urebye nindi mirimo iri hanze aha kuko usanga nabo bari mu batunze imodoka ndetse n’amazu ahenze nkuko tugenda tubitahura.

Twarebye abakinnyi 10 mu Rwanda bafata agatubutse ndetse bari mu bagenda muma modoka meza nkuko dukunze guhura nabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibidasanzwe wamenya ku ndwara y’ibihara(herpes)||ibimenyetso byayo.

Umusore w’umwirabura ari mu byishimo byinshi nyuma yo kwambika impeta umukecuru w’umuzungukazi bahuriye kuri Facebook.