in

Urutonde Mbappe yakoze rwarakaje cyane Messi na Neymar

Ba rutabizamu bakomeye b’ikipe yo mu bufaransa ya Paris saint Germain bahuye isi yose ivuga ko ari umugisha ko ariyo atake ikomeye kuri iyi si.

Mu minsi yashize, humvikanye umwuka mubi hagati ya Mbappe na Neymar ndetse banashaka kurwana ariko myugariro Sergio Ramos arahagoboka ababuza kurwana.

Amakimbirane rero akaba yarakomotse ku rutonde Mbappe yakoze rw’abakwiye gusohoka n’abakwiye kwinjira muri Paris Saint Germain gusa icyatunguranye ni uko yahereye ku bantu baturuka muri America y’amagepfo.

Ibi bintu byababaje Messi kugeza nubwo mwenewabo ukomoka muri Argentina ariwe Di maria nawe ayivuyemo bikomeza kumubabaza ndetse anarakarira mbappe ariko ntiyabimwereka akaba ariyo mpamvu buri gihe aba ari ku ruhande rwa Neymar.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore n’umugabo bakoze ubukwe bataha mu kiyozo cya Tingatinga bakomeje kuhatwika (Videwo)

Police yataye muri yombi umugeni imusanze mu bukwe bwe arimo kwiyakira