in

Urupfu ntaho twaruhungira: Hatangajwe imibare y’abantu bahitanwa n’akazi cyangwa indwara zikomoka ku kazi ku Isi yose

Abantu benshi ku Isi dutunzwe n’imirimo dukora kugira ngo tubeho kandi twiteze imbere mu rwego rwo kugira ngo tugire ijambo mu bandi gusa n’ubwo akazi ari keza hari abantu benshi ku Isi gahitana.

Raporo yashyizwe hanze mu mwaka 2021 n’ishami rya Loni rishinzwe guteza imbere ubucuruzi yagaragaje ko abantu bagera kuri miliyoni 2.78 ku Isi buri mwaka bapfira mu mpanuka zibera mu kazi cyangwa se bakicwa n’indwara zakomotse ku kazi bakoraga iyi raporo igaragagaza ko buri munsi hapfa abantu bagera kuri 7.500 bitewe n’akazi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

N’ibitonore gusa gusa, ihere ijisho ubwiza bw’abakobwa b’abarundikazi bagiye guhatanira ikamba rya Miss Burundi 2023(AMAFOTO)

Inkuru nziza ku bakunzi ba Tom Close kuri Alubumu yabemereye ko agiye gushyira hanze