in

Urukundo rw’umubyeyi n’umwana we! Umuhanzikazi Babo yongeye kugaragaza urukundo akunda mama we ku buryo basomaniye ku rubyiniro ndetse ashimira The Ben bataramanye mu Burundi

Umuhanzikazi Babo yongeye kugaragaza urukundo akunda mama we umubyara ku buryo batatinye gusomanira ku rubyiniro ubwo Babo yataramiraga Abarundi.

Hari mu gitaramo The Ben yataramiye Abarundi, cyabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo Babo yageraga ku rubyiniro mama we yahamusanze maze barasomana.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Babo yashimiye Mama we ndetse na The Ben. Yagize ati “Mama wanjye, buri byose byanze.”

Yakomeje ashimira The Ben kubwibi bihe byiza bagiranye mu Burundi. Babo mama we umubyara ni umunyarwandakazi mu gihe Papa we akomoka mu Budage.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bwambere umuherwekazi Judith wahoze ari umugore wa Safi yatangaje izina ry’umukobwa we

Ntabwo bisanzwe! Umuhanzikazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda yasomanye na mama we muruhame -IFOTO