in

”Urukundo rwashinze imizi” The Ben yabisubiyemo inshuro zitabarika atera imitoma ihebuje umugore we

Umuhanzi ukomeye cyane uvuka mu Rwanda akaba atuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika uzwi cyane nka The Ben akaba aherutse kwambika imeta umukunzi  banasezeranye imbere y’amategeko Miss Pamela yabwiye  amagambo akomeye.

Abinyujije kurukuta rwa isitagaramu yamwufurije isabukuru nziza y’amavuko anarenzaho amubwira ijambo rikomeye.

Yagize ati: isabukuru nziza y’amavuko mukunzi wange, ndagukunda cyane.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impuruza ku bagabo bashobora kurwara kanseri y’ibere mu Rwanda

Umuhanzi Bruce Melodie ateye incuro The Ben