in

‘Urukundo rwamusajije’ Davis D akoresheje Tatuwaje yanditse amazina y’umukobwa y’ihebeye ku mubiri we(AMAFOTO) 

‘Urukundo rwamusajije’ Davis D akoresheje Tatuwaje yanditse amazina y’umukobwa y’ihebeye ku mubiri we(AMAFOTO)

Mu mezi yatambutse ni bwo Davis D yerekanye umukobwa bakundana akoresheje ifoto bari kumwe I Paris, gusa icyo gihe nti yigeze atangaza amazina ye.

Gusa mu buryo abantu batakekaga Davis D yagaragaye ari kwishyirishaho tatuwaje y’amazina y’umukobwa akunda ari we “Umutoni A Isabelle” nk’uko bigaragara ku mafoto ndetse nyuma y’amafoto yabihamije avuga ko Isabelle ari urukundo rw’ubuzima bwe.

Tatuwaje yayishyize ku kaboko ke k’ibumoso yandika ho amazina y’umukunzi we.
Umukobwa Davis D yihebeye
Ubwo bari bari kumushushanya ho

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Juno Kizigenza yatangaje izina Kizigenza aho ryavuye ndetse yamaze ikintu gikomeye cyatumye areka gukina umupira w’amaguru yigira mu muziki nubwo atavukundaga

Ikibazo: Uretse ukwezi kwa 2, ni ukuhe kundi kugira iminsi 28? (Reba igisubizo)