in

‘Urukundo rwamusajije’ Davis D akoresheje Tatuwaje yanditse amazina y’umukobwa y’ihebeye ku mubiri we(AMAFOTO) 

‘Urukundo rwamusajije’ Davis D akoresheje Tatuwaje yanditse amazina y’umukobwa y’ihebeye ku mubiri we(AMAFOTO)

Mu mezi yatambutse ni bwo Davis D yerekanye umukobwa bakundana akoresheje ifoto bari kumwe I Paris, gusa icyo gihe nti yigeze atangaza amazina ye.

Gusa mu buryo abantu batakekaga Davis D yagaragaye ari kwishyirishaho tatuwaje y’amazina y’umukobwa akunda ari we “Umutoni A Isabelle” nk’uko bigaragara ku mafoto ndetse nyuma y’amafoto yabihamije avuga ko Isabelle ari urukundo rw’ubuzima bwe.

Tatuwaje yayishyize ku kaboko ke k’ibumoso yandika ho amazina y’umukunzi we.
Umukobwa Davis D yihebeye
Ubwo bari bari kumushushanya ho

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Juno Kizigenza yatangaje izina Kizigenza aho ryavuye ndetse yamaze ikintu gikomeye cyatumye areka gukina umupira w’amaguru yigira mu muziki nubwo atavukundaga

Ikibazo: Uretse ukwezi kwa 2, ni ukuhe kundi kugira iminsi 28? (Reba igisubizo)

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO