in

“Uri mwiza wambaye neza “- Miss Jolly yongeye kuzamura amarangamutima y’abafana be kubera imyambarire ye (amafoto)

Mutesi Jolly ukunze kuvugwaho n’abantu benshi kubera gukangurira igitsina gore kwigira ndetse bakareka gutega amaboko ahubwo bagakora.

Kuri uyu yasangije abakunzi be amafoto y’ibihe byiza yagiriye ku kivu benshi banga guhisha amarangamutima yabo maze bavuga ikiri ku mutima wabo.

Benshi mu bakunzi ba Jolly bemeza ko ari mu bakobwa bambara neza kuva yahabwa ikamba ndetse ntibahwema kwemeza ko ari we Miss w’ibihe byose mu Rwanda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rugaju Reagan nyuma yo kubona imyitozo ya mbere ya Moussa Camara yakoze ikintu benshi batangira kwibaza niba afana Rayon Sports bikomeye

Kate Bashabe yatunguwe n’inshuti ze zimwifuriza isabukuru nziza y’amavuko (video)