in

Uretse gusuka amarira mu rusengero rwa Kimisagara nta kindi abitabiriye umuhango wo gusezera nyakwigendera Nyiramana bari gukora -AMAFOTO

Nyiramana’ wakinnye muri filime y’uruhererekane izwi nka ‘Seburikoko’ imyaka icyenda, yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Mbere tariki 4 Nzeri 2023 mu muhango wabereye mu rusengero Umusozi w’Ibyiringiro ku Kimisagara.

Uyu muhango witabiriwe n’abakinnyi ba filime barimo Clapton Kibonke, ‘Ndimbati’, ‘Njuga’, Sonia Mutako, Uwamahoro Antoinette [Siperansiya], ‘Mukarujanga’, ‘Kecapu’ n’abandi banyuranye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko Imana yirirwa ahandi igataha i Rwanda: APR FC na Rayon Sports nyuma yo kwiheba zibwiwe inkuru izihumuriza n’umuyobozi ukomeye muri Ferwafa

Basore mwese mukureyo amaso yarafashwe! Nyambo ari mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi