in

“Uramwakiriye da”-Ibyo benshi bakomeje kuvuga nyuma y’uko clarisse aguye mu byano El Hadji Diouf (video)

Umunyamakurukazi clarisse Uwimana uri mu bakunzwe mu Rwanda kubera ubuhanga ndetse n’udushya akunze kwiharira , bityo bigatuma adasiba mu nkuru za buri munsi.

Mu ijoro ryakeye yakiriye umukinnyi El Hadji Diouf wakanyujijeho mu bihe byashize muri Senegal ndetse n’isi yose.

El Hadji Diouf Witabiriye imikino ya The bal iri kubera mu Rwanda aho biteganyijwe ko yitabira imikino ya 1/2 bityo Clarisse uwimana yamwakiriye mu izina rya company yamamariza .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje; Ibihugu bitagira igisirikare kandi bikabaho

Pasiteri John Lowe II yiyirukanye mu rusengero nyuma yo gukorwa n’isoni ubwo yashinjwaga uburaya.