in

Uramutse wumvishe icyireguzo cy’Abagabo bo mu Karere ka Rubavu bashinjwa n’abagore babo kugira ubuhehesi n’irari ryo ku rwego rwo hejuru, wakumirwa

Uramutse wumvishe icyireguzo cy’Abagabo bo mu Karere ka Rubavu bashinjwa n’abagore babo kugira ubuhehesi n’irari ryo ku rwego rwo hejuru, wakumirwa.

Bamwe mu bagore bo mu karere ka Rubavu , barashinja abagabo kugira ingeso yo gushaka abagore benshi no kugira irari.

Abagabo bavuga ko iyo ngeso bayiterwa n’abagore babo birirwa mu tubari ntibabone umwanya wo kwita ku ngo zabo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Huye: Abafundi n’abayede bazindukiye mu gisa nk’imyigaragambyo kubera inzara yenda kubatsinda mu nzu kandi bakora (AMAFOTO)

Abakunzi ba APR Fc mwitegure kujya kubakira! Hamenyekanye itariki abatoza bashya ba APR FC bazagerera i Kanombe