in

Uramenye ntuzigere urya inyama z’ihene uri muri ibi bihe kabone niyo waba uzikunda

Ubusanzwe abantu bavuga ko inyama z’ihene ziri mu nyama ziryoha kandi ari zimwe mu zikunzwe n’abantu benshi. gusa ubushakashatsi bwagaragaje ko kubera ibinture byinshi iz’inyama ziba zifite rimwe na rimwe bishobora kutamerera neza umuntu uri muri izi situwasiyo zikurikira.

1.Umubyeyi utwite ; iyo uriye iz’inyama zituma ibinture byo munda bishobora kwiyongera rimwe na rimwe bikabangamira umwana.

2.Umuntu urwara umuvuduko w’amaraso;iyo ibinture byiyongereye mu mubiri bibangamira imitsi ntibashe kuba yatwara amaraso neza, ibinture ni amavuta kandi birazwi ko umuvuduko w’amaraso ahanini uterwa n’amavuta.

3.umuntu urwara indwara z’umutima:iyo ibinture byabaye byinshi bibangamira umutima ntubashe gukora akazi ushinzwe neza

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ndakuburiye: Ibi nutangira kubibona uzameye ko wowe n’impyiko zawe muri mu kaga

Ese wa mugore we usuzugurwa n’abakozi bawe: Dore uburyo bune wakemura ikibazo cyo gusuzugurwa n’abakozi ukoresha