in

“Ungabanyeho akamenyero wa mugore we” Umunyamakuru Byansi Samuel Becker yihanangirije Sylvie wamamaye kuri X nk’uharanira uburenganzira bw’abagore

“Ungabanyeho akamenyero wa mugore we” Umunyamakuru Byansi Samuel Becker yihanangirije Sylvie wamamaye kuri X nk’uharanira uburenganzira bw’abagore.

Nyuma y’uko umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ahamagajwe muri RIB, Samuel Becker yagiye kuri Twitter agira icyo atangaza.

Yagize ati: “Ariya magambo yavuzwe n’ umunyamakuru mu kazi k’ itangazamakuru. Hari committee Muri (RMC_Rwanda) ibishinzwe kandi ibifitiye ububasha kandi amategeko ateganya n’ ibihano ku muntu wese wakora amakosa y’ umwuga.”

Akomeza agira ati: “Ibi biba bigamije gutera ubwoba abandi banyamakuru bashaka gukora independently bikanafasha mu kwongera “Self Censorship” isanzwe iri ku rwego runini mu itangazamakuru ryo mu Rwanda.”

Nyuma yo kwandika ibyo, uwitwa Nsanga Sylvie yahise atanga igitekerezo kuri ayo magambo Becker yari yanditse.

Yagize ati: “Samuel Baker_B ni ayahe magambo yavuze? Kurya umuntu? Koko uhangare u delutinge uburemere bwayo? Kandi nuriya kazungu bamushiriyemo imiyaga… His world lead to a cybercrime. You are sexist Baker (uwibasira abantu ashingiye ku gitsina).”

Becker akibona ibyo ntiyaripfanye ahubwo yahise amusubiza agira ati: “Ungabanyeho akamenyero wa mugorewe.. next time I will throw a heavy one your side.”

Sylvie na we akibwirwa ibyo ntiyaripfanye, aho yamusubije agira ati: “Wa Mugore we’ waaa indeed you are a sexist nimba wazana ibyubugore here now…if I gave my ideas you have no right kuziha ubugore. Please Baker throw a heavy one on me… telling u are siding with them as your statement are shown and u come to say what?”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru w’imikino ukomeye yabaye igitaramo kumbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza amakuru yahawe n’umukinnyi wa Rayon Sports benshi basanga atari akwiye kuyashyira hanze

Amakuru mashya kuri ba barwayi b’i Bugesera basanzwe mu rugo rw’umuvuzi gakondo wabavuraga yabaziritse amaguru n’amaboko