in

Undi mutoza watozaga ikipe yo mu kicyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda amaze kwirukanwa

Ikipe ya Bugesera FC yamaze gutandukana na Eric Nshimiyimana, wari umutoza wayo mukuru.

Eric Nshimirimana avuye muri Bugesera FC nyuma y’amezi 10 n’iminsi 18 yari ayimazemo. Ntagihindutse Haringingo Francis niwe ushobora kuba umusimbura wa Eric Nshimirimana.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Uwari umuhungu yavuyemo umukobwa”! Ifoto y’umuhanzikazi Bwiza akiri umwana muto ikomeje kumugaragaza nk’umuntu wari umuhungu nyuma akaza guhinduka umukobwa (Reba ifoto)

Producer w’umunyarwanda washakanye n’umuzungu yujuje situdiyo y’umuzuki muri Canada