in

Undi mukinnyi w’umunyarwanda yahagaritse gukina umupira w’amaguru kandi yari ageze mu myaka myiza yo guconga ruhago

Umukinnyi w’Umunyarwanda, Irambona Eric wakanyujijeho mu makipe nka Rayon Sports na Kiyovu Sports, yahagaritse gukina umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko.

Kuri uyu wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo yizihizaga imyaka 5 we n’umugore we bamaze barushinze, nibwo Eric yatangaje ko yahagaritse ruhago.

Irambona Eric yakiniye Rayon Sports muri 2012 ayivamo nyuma y’imyaka 8, hari muri 2020 ubwo yerekezaga muri Kiyovu Sports yakiniye imyaka 2.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwanda wabo utumye ibyari ibyishimo bizamo guhinda umushyitsi

Nta numwanya wo kuruhuka yabonye! Dore ibyabaye kuri Hakim Sahabo umuze kwigwizaho urukundo rw’abanyarwanda