in

Umwanda wabo utumye ibyari ibyishimo bizamo guhinda umushyitsi

Mu nama yahuriyemo amatsinda y’abamotari mu Mujyi wa Kigali hatangajwe ko ingofero z’abamotari zikemangwa kutagira isuku.

Kuri ubu izo ngoferi zigiye kujya zisuzumwa ngo harebwe niba zujuje ubuziranenge.

Urwego rw’Igihugu rutsura ubuziranenge (RSB) na Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA), bavuga ko barimo gupima ubuziranenge bw’ingofero z’abamotari, nyuma yo kubona ko izo bafite inyinshi zitarinda abantu kwangirika umutwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Vinícius Júnior yarize ubwo yasobanuraga iby’irondaruhu yakorewe muri Espagne

Undi mukinnyi w’umunyarwanda yahagaritse gukina umupira w’amaguru kandi yari ageze mu myaka myiza yo guconga ruhago