in

Umwicanyi Kazungu Denis wicaga abagore n’abakobwa agiye kuburanishwa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko Dosiye ya Kazungu Dennis, ukurikiranyweho icyaha cyo kwica abantu akabashyingura mu cyobo, yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha kugira ngo atangire kuburanishwa.

Kazungu w’imyaka 34 yafashwe mu cyumweru gishize nyuma y’aho RIB itahuriye ibimenyetso simusiga ku byaha ashinjwa ko yakoreye mu Kagari ka Busanza mu Murenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro.

Bivugwa ko abo yicaga bari biganjemo abakobwa yakuraga mu tubare dutandukanye mu Mujyi wa Kigali, akabatahana yabageza mu rugo akabica.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kayonza: Umugore yanyweye uburozi ashaka kwiyahura gusa bwaje kumurembya yijyana kwa muganga gusa ntacyo byamumariye

Rayon Sports irasanganirwa n’icuraburindi n’imiborogo! Umujyi Gikundiro igiyemo wuzuyemo imiborogo kubera ko kuri uyu munsi hapfiriyemo abantu barenga 2000 abandi ibihumbi 10 baburirwa irengero – AMAFOTO