in

Umwe muri ba bagore barwaniye umugabo mu Biryogo kandi byari imikino asobanuye ibyo babajijwe na RIB ubwo bahamagazwaga uko ari 3(Videwo)

Umwe muri ba bagore barwaniye umugabo mu Biryogo kandi byari imikino asobanuye ibyo babajijwe na RIB ubwo bahamagarwaga uko ari 3.

Amazina ye ni Kamariza Francine akaba ari umwe mu bagore babiri bagaragaye bapfa umugabo ku munsi wa St Valantin bikarangira uyu kamariza atanye umwana umugabo gusa ibi byose byaje kumenyekana ko ari imikino.

Kamariza Francine.

Mu kiganiro na 3dtv ikorera kuri youtube channel uyu Francine yasobanuye byimbitse icyo RIB yari yabatumirijeho.

Francine asobanura ibi yavuze ko ibyo RIB yari yabahamagarije kwari ukumenya ihohoterwa ryagaragaye ko ryakorewe uyu mudamu ndetse n’umwana wagaragayemo kuko nta muntu n’umwe waruzi ko ibyakozwe yari imikino nk’uko ba nyiri ubwite babisobanuye.

Biregura bavuze ko biriya byose byari Filime bari barimo gukina.

Reba agace gato k’icyiganiro yagiranye n’umunyamakuru Emmy..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Umusaza w’imyaka 83 yakoresheje isanduku azashyingurwamo ayibika iwe mu nzu, gusa yavuze impamvu yabyo itangaza benshi

Amashirakinyoma ku nkuru yacicikanye ivuga ko Yvan Muziki akundana na Marina -shira amatsiko