in

Umwe mu batoza batozaga muri Championa y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yirukanywe

Justin Bisengimana abaye umutoza wa Kane wirukanwe muri Championa

Justin Bisengimana watozaga Espoir Football Club yirukanywe n’iyo kipe nyuma y’umusaruro nkene iyo kipe yarifite.
Justin BISENGIMANA watozaga ESPOIR FC yirukanywe ku kazi ko gutoza iyo kipe nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ibitego bibiri ku busa bigatuma iyi kipe ihita ifata umwanya wa nyuma n’amanota 7 kuri 42 yashobokaga mu mikino 14.

Justin Bisengimana abaye umutoza wa kane wirukanwe muri Championa

Mu gihe yatozaga Espoir batsinzwe imikino 9, banganya 4 batsinda 1 gusa n’umwenda w’ibitego 16.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu bacitse ururondogoro nyuma yuko Diamond Platnumz ashyize ifoto ya Phil Peter kuri Instagram ye

Zari ufite imyaka 42 yasubije abibaza ku rubyaro ndetse n’urukundo rwe na Shakib arusha imyaka 12 bahita bifata ku minwa