in

Umwe mu banyamakuru bakunzwe mu Rwanda yakoze ubukwe (AMAFOTO)

Umunyamakuru wakunzwe ku Isango Star, Shimwayezu Cedric uzwi mu kiganiro Isango na Muzika na Sunday Night, yakoze ubukwe na Mahoro Guillaine uzwi nka Gigi. Ni ubukwe bwabaye ku wa 20 Kanama 2022.

Aba bombi bakoze ubukwe mu gihe ku wa 16 Kanama 2022 aribwo basezeranye imbere y’amategeko mu muhango wabereye ku biro by’Umujyi wa Kigali.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Muyango Claudine yatunguye Bamenya mu kiganiro amuha akabizu ku itama (Videwo)

Chris Eazy ntabwo yigeze ataramira abari bitabiriye igitaramo cy’imideri cya Bianca Baby kubera impamvu ikomeye